Home Blog
The Workout That Burns More Calories Than Running
All right. Well, take care yourself. I guess that's what you're best, presence old master? A tremor in the Force. The last time felt it was in the presence of my old master. I have traced the Rebel spies to her.
Remember, a Jedi can feel the Force flowing through him. I can't get involved! I've got work to do!...
Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu Banyafurika y’Epfo kandi bitandukanye n’amakuru yakwirakwijwe avuga ko AFRIFORUM ari bo batanze amakuru atari yo muri Amerika. Bavuze ko iki ari igikorwa cya Leta ya Amerika ishingiye ku bushishozi bwayo, kandi ko kuvuga ko AFRIFORUM...
Rubavu schools and businesses close as DR Congo shells into Rwanda
Schools and businesses in Rubavu town were ordered to close temporary, and students were sent home, as heavy fighting erupted across the border with neighbouring Democratic Republic of Congo (DR Congo).
The intense fighting, which began over the weekend and continued into the afternoon of Monday, January 27, forced businesses to temporary shutdown.
Intermittent gunfire has been heard in Goma since...
Rubavu: Amasasu ya FDLR yishe Abanyarwanda 5 abarenga 20 barakomereka
Imirwano ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, yagize ingaruka zikomeye ku mutekano w’Abanyarwanda bari hafi y'aho amasasu arimo kurasirwa, mu Rwanda abantu 5 bamaze kubura ubuzima.
Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yavuze ko abantu 5 bamaze gupfa kubera amasasu ava muri Congo, abakomeretse bagera kuri 20.
Inyeshyamba za M23 zikomeje gusatira ibice by’ingenzi mu mujyi wa Goma, ubu...
U Rwanda rwijeje umutekano abaturage barwo baturiye ahabera imirwano muri Congo
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko nubwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’Ingabo z’icyo gihugu, umutekano w’u Rwanda n’uw’Abanyarwanda ku butaka bwarwo urinzwe.
Mu kiganiro yagiranye n'Ikinyamakuru kuri iki Cyumweru tariki 26 Mutarama 2025, Mukuralinda yagaragaje ko nubwo imirwano hagati y’Umutwe wa M23 n’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira...
M23 yatangaje ko yafunze ikirere cya Goma, ibuza indege kukigwaho ijya i Burundi
Mu itangazo ryo ku 26 mutarama,2025 ryasinyweho na Lawrence Kanyuka , ihuriro rya AFC/M23 yatangaje ko imaze gufunga ikirere cya Goma kuko ingabo ihanganye nazo zakoreshaga ikibuga cy'indege cya Goma mu gutwara intwara ivuga ko zikoreshwa mu kwica abaturage b'abasivile.
Muri iri tangazo kandi AFC/M23 yasabye ingabo z'amahanga zose ziri muri RDC harimo iz'u Burundi (FDNB), SAMIDRCC, Abacanshuro nka Private...
Trump yatangaje impinduka ku mategeko ajyanye no gushyigikira imodoka z’amashanyarazi
Trump yavuze ko azahagarika inkunga ishyigikira ikorwa ry’imodoka z'amashanyarazi nk'uko zari zateganijwe n’Itegeko rya "Inflation Reduction Act" y'inkunga za miliyari $145 zashyizweho na Biden zo guteza imbere imodoka z’amashanyarazi, bikaba bishobora gutuma umusaruro ugabanuka n’akazi k’abakozi 35,000 kagatakara kugeza mu 2032 n’ayandi mategeko yashyirwagaho muri manda ya Biden na Harris. Yavuze ibi tariki ya 24 Mutarama 2025, asobanura ko...
Trump yakuyeho abashinzwe umutekano w’umujyanama we kuri COVID-19 Anthony Fauci
Ku wa gatanu tariki ya 24 Mutarama 2025, saa 3:04 z'umugoroba ku isaha ya EST / CBS/AP, Perezida Trump yakuyeho abashinzwe umutekano wa Dr. Anthony Fauci, umuhanga mu ndwara zandura wigeze kumugira inama ku cyorezo cya COVID-19, nk'uko byatangajwe yabivuze ku wa Gatanu.Fauci abaye undi muyobozi wahoze akorana na Trump ariko ubu akaba ari mu bamunenga, wambuwe uburinzi bw’abashinzwe...
Donald Trump Yarahiriye Kuba Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Yizeza “’Izahuka ry’ubukungu”
i Washington, D.C. Ku wa Mbere, tariki ya 20 Mutarama 2025, Donald Trump yarahiye nka Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu muhango wabereye muri Capitol Rotunda. Uyu muhango wagizwe n’ibikorwa bidasanzwe ndetse n’ijambo rye ryibanze ku kwizeza impinduka nshya mu gihugu.
Uyu muhango wabereye muri Capitol Rotunda, witabiriwe n’abayobozi bakomeye barimo abagize Inteko Ishinga Amategeko, abacamanza bo...
Vladimir Putin yishimiye Kurahira kwa Trump kuri Manda ya Kabiri
Donald Trump yarahiriye kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku nshuro ya kabiri, tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu muhango wakurikiwe n’ubutumwa bukomeye bwaturutse ku bayobozi b’isi, basangiza ibyifuzo byabo byo gukomeza ubufatanye n’Amerika mu miyoborere mishya.
Vladimir Putin (U Burusiya)
Perezida w’u Burusiya yashimye Trump, agaragaza icyizere cyo gusubukura umubano w’imbonankubone hagati y’ibihugu byombi no gushyigikira icyemezo cya...