Amamaza
Home Blog Page 2

2024 yabaye umwaka ufite ubushyuhe bukabije mu mateka y’isi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bipimo n’ikirere, WMO, ryamaze gutangaza ko 2024 ari wo mwaka wagize ubushyuhe bukabije mu mateka, aho ubushyuhe bwiyongereye 1.55°C hejuru y’ibipimo bya bisanzwe. Ibi byateje ibiza byinshi birimo imyuzure, inkongi z’umuriro, no kugabanuka k’ubutaka n’amazi, kandi byangije ubuzima n’ubukungu. Ubushyuhe bwo mu nyanja nabwo bwagize uruhare mu kongera ubushyuhe muri 2024, aho umuriro wakwirakwiriye henshi,...

RDC : Amatorero Gatolika n’Abaporotesitanti yahize kugarura umutekano

Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwugarijwe n’ibibazo by’umutekano muke bimaze imyaka irenga 30. Nyuma y’imyaka myinshi y’ubwicanyi, kwimurwa kw’abaturage, n’ihungabana ry’ubuzima muri aka karere, amatorero n’amadini yahagurukiye gushakira umuti urambye aya makimbirane. Binyuze mu cyiswe “Imihigo y’Amahoro n’Ubumwe mu Karere k’Ibiyaga Bigari”, amatorero ya Gatolika n’Abaporotesitanti yo muri RDC yiyemeje guhuza imbaraga mu guharanira amahoro arambye. ...

Abagera ku 237,000 bakuwe mu byabo kubera Imvururu ziri kwiyongera mu burasirazuba bwa RDC

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) hamwe n’ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi (OCHA), byagaragaje impungenge zikomeye ku mvururu ziri kwiyongera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho abantu 237,000 bamaze kwimuka uyu mwaka wonyine. Mu kiganiro n’abanyamakuru i Genève ku wa gatanu 17 mutarama 2025, Umuvugizi wa UNHCR, Eujin Byun, yagize ati: “Imirwano ikomeje kwiyongera hagati y’imitwe...

Global Civic Sharing Rwanda transforms Rwandan education through school lunch support

  Global Civic Sharing Rwanda, has donated funds to support primary and secondary schools in Nyarubaka Sector, Kamonyi District, under the "Dusangire Lunch" program. This initiative, which has been running for three years, provides approximately 1,200,000 Rwandan Francs annually to assist children from disadvantaged families. The program aims to encourage students to love learning by addressing nutritional challenges.   David Kagina, headmaster...

Ibyo ukwiye kumenya ku nkongi z’Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California

Byinshi ku nkongi z'Umuriro Zabaye i Los Angeles no muri California Inkongi zabaye nyuma gato urwego rushinzwe kubigenzura rutabaje Inkongi z’umuriro zabaye muri Mutarama 2025 mu Karere ka Los Angeles no mu bice bihana imbibi muri California zafashe hegitari zisaga 36,000, zisenyera inyubako zisaga 12,000, kandi zihitana ubuzima bw’abantu bagera ku icumi. Izi nkongi z’umuriro zagaragaje intege nke z’imyiteguro y’ibiza mu...

kurandura igwingira mu bana byahawe umwihariko mu cyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana cya 2025

Icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n'umwana, muri uyu mwaka wa 2025 (Maternal & Child Health week 2025) cyahawe umwihariko wo kurandura igwingira mu bana, nk'uko biri mu nsanganyamatsiko igira iti “HEHE N’IGWINGIRA: Twite ku buzima bw’umubyeyi utwite, umwana, umwangavu, imirire n’isuku, dukingiza inkingo zose,” Ni icyumweru, ku rwego rw'igihugu,  cyatangirijwe mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Gikomero, kuri uyu wa Mbere,...

Kwemerera ibigo nderabuzima gukuriramo umuntu inda: Intambwe ikomeye ku miryango yakoze ubuvugizi

Imwe mu miryango itari iya Leta, ikora ubuvugizi ku mategeko agenga ubuzima, by'umwihariko ubuzima bw'imyororokere, irishimira ko ibigo nderabuzima byemerewe gutanga serivisi yo gukuriramo inda abagore babyemerewe n’amategeko kuko bizafasha mu gukumira ibibazo byaterwaga no kuzikuramo mu buryo butanoze (uburyo bwa magendu). Mu mwaka wa 2018, mu itegeko ry’u Rwanda riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange hashyizwemo ingingo ya 125 iteganya...

‘Wakoze kuza’, amafaranga ya tike abasore b’i Kigali baha abakobwa bikarangirira mu buriri

Hari abangavu bo mu mujyi wa Kigali bavuga ko hari amafaranga abasore babaha iyo babasuye, bise ‘wakoze kuza’, bakayabaha nka tike nyamara ari mu buryo bwo kubiyegereza kugira ngo bazakore imibonano mpuzabitsina. Ni abangavu baganiriye na Radio Salus, bavuga ko iyo basuye abasore hari amafaranga babaha bigatuma n’ubutaha iyo uwo musore amusabye kumusura nta ho yahera ahakana. Umwe yagize ati ‘Aguha...

U Rwanda rugiye gutangira gukoresha imiti mishya ivura Malaria

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kivuga ko kuva kuri uyu wa mbere, tariki 6 Mutarama 2025, mu bitaro byo mu gihugu hatangira koherezwa imiti ibiri mishya ivura malaria, mu rwego rwo kunganira uwarusanzwe ukoreshwa wa Coartem. Iyo miti ni uwitwa dihydroartemisinin-piperaquine (DHAP), ndetse na artesunate-pyronaridine (ASPY). Yombi yemewe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS). Gukoresha iyi...

Imibu itera Malaria yahinduye amayeri: Minisante yasabye ko hakazwa ingamba zirengagijwe

Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minisante) ivuga ko mu isuzuma yakoze mu turere twiganjemo Malaria muri iyi minsi, yasanze imibu itera iyi ndwara isigaye iruma abantu hakiri kare, mbere yo kujya mu nzu, bityo ko hakwiye gushyirwa imbaraga mu gusenya indiri iyo mibu yororokeramo. Ni mu butumwa Minisitiri w'ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yanyujije mu buryo bw'amashusho, bugamije gushishikariza Abaturarwanda gukaza ingamba...
- Advertisement -

Latest article

The Workout That Burns More Calories Than Running

All right. Well, take care yourself. I guess that's what you're best, presence old master? A tremor in the Force. The last time felt...

Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu...

Rubavu schools and businesses close as DR Congo shells into Rwanda

Schools and businesses in Rubavu town were ordered to close temporary, and students were sent home, as heavy fighting erupted across the border with...