Perezida Kagame yifatanyije mu kababaro n’imiryango y’abishwe na Marburg
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko igihugu cyifatanyije mu kababaro n'imiryango y'abahitanywe n'icyorezo cya Maburg.
Yabigarutseho mu ijambo rye risoza umwaka wa 2024.
Ku wa 27 Nzeri 2024 ni bwo mu Rwanda hagaragaye virusi ya Maburg, kuri ubu itakirangwa mu gihugu, ariko yasize itwaye ubuzima bw'Abaturarwanda 15 muri 66 bari bayanduye.
Perezida Kagame yavuze ko iki cyorezo kiri mu...
Kurandura Malaria: Akarere ka Gisagara kasabiwe umwihariko
Urugaga rw’Amadini n’Amatorero mu Kubungabunga Ubuzima (RICH), bavuga ko bari gukora ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gisagara gahabwe umwihariko mu bijyanye no kurwanya Malaria, ku buryo ibikorwa byo gutera umuti wica imibu itera iyi ndwara byakorwa inshuro ebyiri mu mwaka.
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima mu Rwanda (RBC) igaragaza ko indwara ya Malaria yagiye yiyongera cyane mu karere ka Gisagara, mu...
Iminsi 42 nta bwandu bushya: U Rwanda rwatsinze Marburg
Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda (Minisante) yatangaje, kuwa Gatanu tariki 20 Ukuboza 2024, ko U Rwanda rwatsinze icyorezo cya Maburg mu buryo budasubirwaho, nyuma yo kumara iminsi 42 yikurikiranya nta bwandu bushya bw'iyi virusi bubonetse mu gihugu.
Amabwiriza y'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS) yagenaga ko ku gira ngo u Rwanda rwemeze ko nta cyorezo cya Marburg kikirangwa...
Huye: Urubyiruko rwahagurukiye kurwanya SIDA
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Huye bavuga ko ubu bahagurukiye kurwanya SIDA, birinda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Ikibazo cy’ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA, by’umwihariko mu rubyiruko, kiracyahangayikishije inzego z’ubuzima mu Rwanda.
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga ngaruka mwaka wo kurwanya SIDA, tariki ya 1 Ukuboza 2024, wizihirijwe mu karere ka Rubavu, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko kugeza...
End of 16 Days of Activism Against GBV: MIGEPROF Calls for Continued Efforts to Combat GBV
The Ministry of Gender and Family Promotion (MIGEPROF) has called for efforts to fight Gender-Based Violence (GBV) to continue even after the 16 Days of Activism, as the root causes of GBV have not yet been eradicated.
The Director General in charge of Family Promotion and Child Protection at MIGEPROF highlighted this on Tuesday, December 10, 2024, during the closing...
Abanyamakuru 9 bakoze inkuru nziza ku buzima bw’imyororokere bahembwe na HDI
Umuryango utari uwa Leta uharanira guteza imbere ubuzima bwiza mu Rwanda, HDI , wahembye abanyamakuru 9 bakoze inkuru zijyanye z’ubuzima bw’imyororokere, zahize izindi.
Ni mu birori byabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki 13 Ukuboza 2024.
Iki ni igikorwa HDI ikora buri mwaka, kuva muri 2016. Abahembwe bari mu byiciro bitatu ari byo: Radiyo, Televisiyo ndetse n’Ibinyamakuru byandika kuri...
MIGEPROF yasabye ko kurwanya GBV bitarangirana n’iminsi 16
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye ko ibikorwa byo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina (GBV) bitarangirana n’ubukangurambaga bw’iminsi 16 yahariwe kurwanya iryo hohotera kuko ibiritera byo bitarangiye.
Umuyobozi Mukuru Ushinzwe Guteza imbere Umuryango no Kurengera Umwana, muri MIGEPROF yabigarutseho kuwa Kabiri tariki 10 Ukuboza 2024, mu birori byo gusoza ubwo bukangurambaga mu karere ka Gasabo.
Buri mwaka, kuva tariki 16 Ugushyingo...
Marburg: Iminsi 35 irashize nta bwandu bushya bubonetse
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 35 nta muntu wanduye virusi ya Marburg, cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje.
Minisante yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukuboza 2024, binyuze ku mbuga nkoranyambaga zayo.
Ni itangazo rigaragaza amakuru mashya kuri virusi ya Marburg, kuva tariki 29 Ugushyingo - 6 Ukuboza 2024.
Iyi minisiteri ivuga ko kandi hashize...
Gasabo: Abiga muri GS Kinyinya bibukijwe ko SIDA igihari
Abanyeshuri basaga 3, 800 biga muri Groupe Scolaire Kinyinya (GS Kinyinya), yo mu murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo bahawe ibiganiro bibibutsa ko SIDA igihari, basabwa kuyirinda bibanda cyane ku kwifata ariko uwo binaniye agakoresha agakingirizo.
Ni ubukangurambaga bwateguwe n’umuryango Réseau des Femmes, muri gahunda yo kwizihiza umunsi mpuzamahanga, ngaruka mwaka, wo kurwanya SIDA wa 2024, wizihizwa tariki ya...
Mu Rwanda abantu 9 bandura Virusi itera SIDA buri munsi: Hagiye gukorwa iki!
Minisitiri w'Ubuzima mu Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko buri munsi mu Rwanda hari abantu 9 bandura virusi itera SiDA, mu gihe abandi barindwi bicwa na SIDA.
Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA, wizihirijwe mu karere ka Rubava kuri iki Cyumweru tariki 1 Ukoboza 2024.
Minisitiri Sabin yavuze ko iyi mibare igihangayikishije asaba...