Amamaza
Home Blog Page 4

Murahakura SIDA —Minisitiri Sabin yakebuye urubyiruko rugikorera aho

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yibukije urubyiruko ko Virusi itera SIDA igihari kandi ari bo yibasiye muri iyi minsi, abasaba gukoresha agakingirizo kuko nibakomeza kwishora mu mibonano mpuzabitsina idakingiye “murahakura SIDA”. Uyu muyobozi yabibwiye urubyiruko rwo mu murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu, mu kiganiro yagejeje ku baturage bitabiriye umuganda rusange wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 30 Ugushyingo...

Ngoma: Ba Mudugudu n’Inshuti z’Umuryango biyemeje gukumira GBV bahereye mu ngo zabo

Bamwe mu bayobozi b'imidugudu n'inshuti z'umuryango bo mu karere ka Ngoma, mu murenge wa Kibungo biyemeje kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina (GBV) bahereye mu ngo zabo. Ni nyuma y'ibiganiro bahawe muri gahunda y'iminsi 16 yahariwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina, byateguwe ku bufatanye bw'Akarere ka Ngoma n'umuryango Réseau des Femmes na Rwamrec, kuwa Kabiri tariki 26 Ugushyingo 2024. Ibi...

Marburg: Iminsi 21 irashize nta bwandu bushya bubonetse

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 21 nta muntu wanduye virusi ya Marburg cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje. Minisante yabitangaje kuwa Gatanu tariki 15 Ukwakira 2024, binyuze ku mbuga nkoranyambaga zayo. Ni itangazo rigaragaza amakuru mashya kuri virusi ya Marburg, kuva tariki 15-22 uku kwezi. Iyi minisiteri ivuga ko kandi hashize iminsi 15 umurwayi wa nyuma...

Marburg: Iminsi 14 irashize nta bwandu bushya bubonetse

Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda (Minsante) yatangaje ko hashize iminsi 14 nta muntu wanduye virusi ya Marburg cyakora ngo ibikorwa byo gukaza ubwirinzi byo birakomeje. Minisante yabitangaje mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki 15 Ukwakira 2024, binyuze ku mbuga nkoranyambaga zayo. Ni itangazo rigaragaza amakuru mashya kuri virusi ya Marburg, kuva tariki 9-15 uku kwezi. Iyi minisiteri ivuga ko kandi hashize iminsi umunani...

Kuba ujya mu mihango ntibisobanuye ko ubyara — Inzobere mu kuvura abagore

Inzobere mu kuvura indwara z’abagore zivuga ko kuba umugore ajya mu mihango bidasobanuye ko abyara, bityo ko umaze igihe kinini gusama byaranze yajya kwa muganga bakareba ikibitera. Ni mu gihe hari abagore bavuga ko bamaze imyaka ibiri gusama byaranze, nyamara bumva ko nta kibazo bafite kuko bajya mu mihango buri kwezi. Uyu mugore twaganiriye wo mu mujyi wa Kigali, utashatse ko...

Kuganiriza abana iby’imyororokere: Ababyeyi duhere he?

Abahanga mu buzima bw’imyororokere y’abantu bavuga ko ababyeyi bafite uruhare rukomeye mu kuganiriza abana babo ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, cyakora hari ababyeyi bavuga ko batabona aho bahera baganira kuri ibyo bita ‘urukozasoni’. Impuguke mu buzima bw’imyororokere Dr. Anicet Nzabonimpa avuga ko guha abana amakuru yanyayo ajyanye n’ubuzima bw’imyororokere hakiri kare, ari ingenzi cyane mu kubarinda ingaruka zishobora kubageraho zaturutse ku kutagira...

Misiri yabaye igihugu cya kabiri cya Afurika kiranduye Malaria

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS/WHO) ryemeje ko igihugu cya Misiri kitakirangwamo indwara ya Malaria, bituma kiba igihugu cya kabiri cya Afurika kigeze kuri iyi ntego, n'icya mbere ku Isi kuva muri 2010. Ni mu itangazo  iri shami rya Loni ryashyize hanze kuwa 20 Ukwakira 2024. Umuyobozi Mukuru wa OMS, Dr. Tredros Adhanom Ghebreyesus yavuze ko aya ari...

OMS yanyuzwe n’uburyo u Rwanda ruri guhashya virusi ya Marburg

Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus yashimye uburyo u Rwanda ruri guhangana na Virusi ya Marburg, avuga ko bishimangira imbaraga igihugu cyashyize mu kubaka urwego rw’ubuzima. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, ari kumwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana, kuri iki Cyumweru tariki 20 Ukwakira 2024. Ni ikiganiro cyabereye muri Kigali Convention...

RTF pledges to support the tennis tournament organized by Ingenzi Initiative

The Rwanda Tennis Federation (RTF) has committed to supporting the tennis tournament, organized by the Ingenzi Initiative, through its program aimed at promoting tennis among women and girls (Ingenzi Women Tennis Program). This is part of the effort to further expand the tournament so that it becomes an annual event, attracting more players. On Sunday, October 13, 2024, the tennis tournament...

Kamonyi: GCS Rwanda Celebrates a Decade of Empowerment and Sustainable Development for Vulnerable People in Nyarubaka

The Korean Civil Society Organization Global Civic Sharing (GCS) Rwanda celebrates a decade of empowerment and sustainable development in the Nyarubaka sector of Rwanda's southern province. GCS Rwanda has been implementing Self-Reliance Project for Vulnerable People Based on Civil Empowerment in Rwanda since 2015, with the Korea International Cooperation Agency (KOICA) as the primary funding donor from the Republic...
- Advertisement -

Latest article

The Workout That Burns More Calories Than Running

All right. Well, take care yourself. I guess that's what you're best, presence old master? A tremor in the Force. The last time felt...

Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu...

Rubavu schools and businesses close as DR Congo shells into Rwanda

Schools and businesses in Rubavu town were ordered to close temporary, and students were sent home, as heavy fighting erupted across the border with...