Amamaza
Home Blog Page 5

Twumve ko ari ibisanzwe – Minisitiri Uwimana yasabye abagabo kudaharira abagore imirimo yo mu rugo

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée yasabye abagabo gufatanya n'abagore babo imirimo yo mu rugo idahemberwa kandi ko gukora iyo mirimo ari ibintu bisanzwe.“ Twumveko ari ibisanzwe” Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ibirori ngaruka mwaka byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro, ku wa Kabiri tariki 15 Ukwakira, ku rwego rw’igihugu wizihirijwe mu karere ka Nyamagabe, Umurenge wa...

Rwanda: The Ministry of Health Emphasises that the Marburg Virus has not spread throughout the country

In its daily updates on the status of the Marburg outbreak in Rwanda, the latest report, from the evening of Thursday, October 10, 2024, states that, "Since the announcement of the outbreak, all new confirmed cases have been within the hospital cluster in Kigali and their contacts, and all are under isolation and treatment. There is no evidence of...

Minisante yashimangiye ko Virusi ya Marburg itakwiriye mu gihugu

Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (Minisante) ivuga ko kugeza ubu, ibipimo bibereka ko virusi ya Marburg itakwiriye mu gihugu. Mu butumwa Minisante itanga buri munsi, bugaragaza uko icyorezo cya Marburg gihagaze mu gihugu, ubuheruka bwo ku mu goroba wo ku wa Kane tariki 10 Ukwakira 2024 harimo ko ‘Kuva hatangazwa ko indwara ya Marburg yageze mu gihugu, abarwayi bashya n’abo bahuye...

Mental health among employees: RBC calls for the establishment of health committees in institutions

The Rwanda Biomedical Center (RBC) is calling for the creation of health committees in institutions, where possible, in order to address mental health issues among employees. On Thursday, October 10, 2024, Rwanda joined other countries around the world in celebrating World Mental Health Day. This year, the day was given special attention to mental health in the workplace, with the theme:...

Ubuzima bwo mu mutwe mu bakozi: RBC irifuza ko hajyaho Komite zishinzwe ubuzima mu bigo

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC gisaba ko mu bigo, aho bishoboka, hajyaho za komite zishinzwe ubuzima, mu rwego rwo guhangana n’ibibazo byo mu mutwe mu bakozi. Kuri uyu wa Kane, tariki 10 Ukwakira 2024, u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu by’Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kwita ku buzima bwo mu mutwe. Uyu mwaka, uyu munsi wahawe umwihariko wo kwita ku buzima bwo mu...

Impamvu yemewe, muganga wemewe, ahantu hemewe, igihe inda ifite: ibintu bine ugomba kuzirikana mbere yo gusaba gukurirwamo inda

Mu Rwanda, kugira ngo umugore cyangwa umukobwa ahabwe serivisi yo gukuramo inda mu buryo bwizewe kandi bwemewe n’amategeko (Safe abortion) ni uko aba ari mu byiciro bitanu by’abo itegeko ryemerera guhabwa iyo serivisi; akabikorerwa na muganga wemewe na Leta; bigakorerwa ku kigo cy’ubuvuzi cyemewe kandi iyo nda ashaka gukuramo ikaba itarengeje igihe cyagenwe n’amategeko.   Muri rusange, mu Rwanda, gukuramo...

RGB yashyizeho amabwiriza yo gukumira virusi ya Marburg mu nsemgero no mu misigiti

Urwego rw'Igihugu rw'Imiyoborere(RGB), rwashyizeho amabwiriza yo gukumira ikwirakwira ya virusi ya Marburg mu nsemgero no mu misigiti. Ni mu itangazo uru rwego rwashyize hanze kuri iki Cyumweru tariki 6 Ukwakira 2024. Muri ayo mabwiriza harimo ko abantu bose binjira mu nsengero no mu misigiti bagomba gupimwa umuriro. Insengero n'imisigiti kandi bigomba gushyiraho uburyo bwo gukaraba intoki hifashishijwe  amazi meza n'isabune cyangwa umuti...

U Rwanda rugiye gutangira gukingira virusi ya Marburg

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko kuri iki Cyumweru tariki 06 Ukwakira 2024, u Rwanda rutangira gukingira virusi ya Marburg, haherewe ku baganga n’abakora mu mavuriro. Yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri iki Cyumweru, mu rwego rwo kubagaragariza uko viruis ya Marburg ihagaze mu Rwanda ndetse n’ibimaze gukorwa mu guhangana na yo no kuvura abanduye. Minisitiri Sabin yavuze ko ejo...

Afurika: Abagaragaje ibimenyetso bya Mpox muri 2024, 37% nibo bapimwe

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS/WHO) rivuga ko ku mugabane wa Afurika hakiri imbogamizi ikomeye mu gupima virusi y'ubushita bw'inkende (Mpox) kuko muri uyu mwaka, mu bagaragaweho ibimenyetso by'iyi virusi hamaze gupimwa gusa 37%.  Mu itangazo OMS yashyize hanze tariki 03 Ukwakira 2024, ryagarukaga ku buryo bushya bwo gupima indwara y’ubushita bw’inkende (Mpox) bwemejwe n'iri shami rya...

Rwanda: Amakuru mashya kuri Marburg – Undi muntu yapfuye, bane barandura, nta wakize

Imibare mishya ya Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda, yatangaje mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 04 Ukwakira 2024, yagaragaje ko umuntu umwe yapfuye azize virusi ya Marburg, ndetse mu bipimo byafashwe bagasanga abandi bantu bane banduye iyi virusi. Nta murwayi n'umwe wakize kuri uwo munsi Minisante yatangaje ko kandi yapimye abantu 306 bituma umubare w'abamaze gupimwa virusi ya marburg bose...
- Advertisement -

Latest article

The Workout That Burns More Calories Than Running

All right. Well, take care yourself. I guess that's what you're best, presence old master? A tremor in the Force. The last time felt...

Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu...

Rubavu schools and businesses close as DR Congo shells into Rwanda

Schools and businesses in Rubavu town were ordered to close temporary, and students were sent home, as heavy fighting erupted across the border with...