Amamaza
Home Blog Page 7

Gusura abarwayi kwa muganga birahagaritswe mu gihe cy’iminsi 14 mu rwego rwo kwirinda Marburg

Minisiteri y'ubuzima mu Rwanda imaze gutanaza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Marburg harimo no guhagarika ibikorwa byo gusura abarwayi mu mavuriro yose nibura mu gihe cy'iminsi 14. Ni amabwiriza yasohotse ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki 29 Nzeri 2024. Minisante ivuga ko umurwayi azakomeza kugira umurwaza umwe ushobora gusimburwa. Muri ayo mabwiriza harimo kandi ko mu gihe uwapfuye yazize Marburg, nta...

Akazi kose abantu bajyagamo karakomeza – Minisante ihumurije abaturage ku cyorezo cya Marburg

Minisiteri y'ubuzima, Minisante, yahumurije Abaturarwanda ko badakwiye gukurwa umutima n'icyorezo  cya Marburg kuko iki cyorezo kitagiye guhagarika imirimo bakoraga. Mu kiganiro Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yagiranye n’itangazamakuru, kuri uyu wa 29 Nzeri 2024, cyagarukaga ku ishusho rusange y’uko icyorezo cya Marburg gihagaze mu Rwanda, yahumurije Abaturarwanda ko iki cyorezo kitagiye guhagarika imirimo bakoraga nk'uko bamwe baribatangiye ku bihuza no...

OMS na Tiktok mu bufatanye bwo guteza imbere ubuzima ku Isi

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS/WHO) n'urubuga nkoranyambaga rwa Tiktok batangije ubufatanye bw'umwaka umwe, bugamije gutangaza amakuru y'ubuzima yizewe. Mu nkuru yanditswe kuri website ya OMS, tariki 26 Nzeri 2024, ivuga ko ubu bufatanye buri mu ntego iri shami rya Loni ryiyemeje yo kwifashisha ikoranabuhanga mu kugera ku bantu benshi ku Isi,  babagezaho ubumenyi bujyanye n'ubuzima n'...

Rwanda: Abantu batandatu bamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg abandi 20 bararwaye

Minisitiri w'Ubuzima mu Rwanda Dr.Sabin Nsanzima yatangaje ko icyorezo cy'indwara y'umuriro mwinshi, giterwa na Virus ya Marburg kimaze guhitana abantu batandatu mu gihe abandi 20 barwaye iki cyorezo. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga za Minisiteri y'ubuzima, buri mu buryo bw'amashusho, kuri uyu wa Gatandatu tariki 28, Nzeri 2024, Minisitiri Sabin yasobanuye ko umubare munini w'abishwe na Marburg ndetse n'abayirwaye...

MINISANTE itanze ibisobanuro ku ndwara bivugwa ko iri guhitana abantu mu Rwanda

Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hagaragara amakuru avuga ko mu Rwanda hari abantu barikwicwa n'indwara itaramenyekana, by'umwihariko abakora mu nzego z'ubuvuzi. Mu itangaza Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda, MINSANTE, yashyize hanze ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Nzeri 2024, yasobanuye ko mu bitaro bitandukanye byo mu gihugu habonetse abarwayi bacye bagaragaje ibimenyetso by'indwara y'umuriro mwinshi, iterwa na virusi...

U Rwanda rwatangiye gukingira indwara y’ubushita bw’inkende

Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda, MINISANTE, yatangaje ko yatangije igikorwa cyo gutanga urukingo rw'indwara y'ubushita bw'inkende (Mpox) ku bantu bafite ibyago byinshi byo kwandura iyi ndwara Mu butumwa iyi minisiteri yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, kuri uyu wa Kane, tariki 19 Nzeri 2024, yavuze ko ku ikubitiro yahereye ku bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, abakora kwa muganga, abakora mu mahoteli n'ibindi byiciro...

Ingenzi Women Tennis Program: Amahirwe ku bagore n’abakobwa bifuza gukina Tennis

Ingenzi Women Tennis Program ni imwe muri za program z'umuryango utari uwa Leta witwa Ingenzi Initiative. Ifasa abagore n’abakobwa bifuza gukina umukino wa Tennis, ibaha imyitozo ndetse no kubategurira amarushanwa. Ndugu Philbert, umutoza muri Ingenzi Women Tennis Program, akaba anayobora umuryango Ingenzi Initiative, avuga ko batangije iyi program mu rwego rwo kongera umubare w’abagore n’abakobwa bakina uyu mukino. Yagize ati “Twatangiye...

Réseau des Femmes mu buvugizi bwo kuvugurura itegeko ry’ubuzima bw’imyororokere mu Rwanda

Isangano ry’abagore baharanira amajyambere y’icyaro , ryatangiye gukora ubuvugizi ku itegeko rigenga ubuzima bw’imyororokere y’abantu mu Rwanda kugira ngo zimwe mu ngingo zaryo zivugururwe. Ku wa Gatanu tariki 06 Nzeri 2024, Umuryango Réseau des Femmes wakoze inama y’ubukangurambaga ku nzego zinyuranye, zirimo iz’ubuzima, ubutabera, imiryango yindi itari iya Leta, abahagarariye urubyiruko n’abagore mu mirenge 15 y’akarere ka Gasabo ndetse n’abashinzwe...

Indyo y’umwana utangiye kurya igomba kuba ari inombe inoze – Inzobere mu mirire

Inzego z’ubuzima zigena ko umwana wujuje amezi atandatu, atangira guhabwa imfashabere kuko amashereka yonyina aba atagihagije ngo akuremo intungamubiri zose akeneye. Cyakora, hari ababyeyi bavuga ko baha abana iyo mfashabere nyamara bikarangira bagiye mu mirire mibi. Uyu mubyeyi, ufite umwana uri mu ibara ry’umuhondo, yagize ati “Namujyanye ku kigo nderabuzima basanga ageze no mu muhondo” Uyu mubyeyi avuga ko imfashabere yahaga umwana...

Imbuto 7 umugore utwite atagomba kubura ku mafunguro ye ya buri munsi

Indyo yuzuye ni ingenzi ku buzima bw’umugore utwite ndetse n’umwana atwite, by’umwihariko hakiganzamo imboga n’imbuto nka bimwe mu biribwa bikize ku ntungamubi ndetse n’imyunyungugu. Kurya imbuto n’imboga ku mugore utwite kandi bimufasha guhangana n’ibibazo by’impatwe (constipation), usanga biri rusange ku bagore batwite. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe imbuto 7 umugore utwite akwiye kwibandaho. Twifashishije inkuru ishingiye ku bushakashatsi, yanditswe n’ikinyamakuru...
- Advertisement -

Latest article

The Workout That Burns More Calories Than Running

All right. Well, take care yourself. I guess that's what you're best, presence old master? A tremor in the Force. The last time felt...

Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu...

Rubavu schools and businesses close as DR Congo shells into Rwanda

Schools and businesses in Rubavu town were ordered to close temporary, and students were sent home, as heavy fighting erupted across the border with...