Amamaza
Home Blog Page 8

Gukura umwana ku ibere: hari abarisigaho urusenda, amase, n’abarishyiraho ibipfuko by’ibisebe

Konsa umwana mu buryo bwiza kandi buhagije n’ikintu inzego z’ubuzima mu Rwanda zishishikariza ababyeyi kwitaho kuko bifasha umwana gukura neza, yaba mu bwenge ndetse no mu gihagararo. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima ku Isi, OMS rigena ko ubundi abana bose bagomba konka amezi atandatu ya mbere nta kindi kintu bafata, bagera kuri ayo mezi bagatangira gufata imfashabere ariko bagakomeza...

Umugabo ashobora gutera inda atasohoye- Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bunyuranye bwagaragaje ko mbere yuko umugabo asohora (arangiza) hari ibindi bintu bimeze nk’ururenda byitwa ‘Pre-cum’ cyangwa se ‘Pre-Ejaculatory Fluid’ bisohoka mu gitsina cye, bishobora kuzanamo n’intanga nzima zifite ubushobozi bwo gutera inda. Pre-cum, zoherezwa n’ibizwi nka ‘Cowper’s glands’ na ‘Glands of Littre’, mbere gato yuko umugabo arangiza. Ingano yazo ishobora kugera kuri millitiro enye (4 ml). Ubusanzwe ngo nta ntanga...

Ni ubuntu ! RBC yahamagariye Abaturarwanda kwipimisha indwara ya Hepatite B na C

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyahamagariye Abaturarwanda kwipimisha indwara y’umwijima (Hepatite), iterwa na virusi za B na C kandi ko kuyipimisha no kuyivuza "Ni ubuntu ku Banyarwanda n’impunzi zahungiye mu gihugu cyacu" Ni mu butumwa bwa video, RBC yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo aho ivuga ko kugeza ubu mu Rwanda "Miliyoni umunani z’Abanyarwanda, bari hejuru y’imyaka 15 bapimwe Hepatite C,...

Mu Rwanda hagaragaye abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Mpox)

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) cyemeje ko mu Rwanda hamaze kugaragara abarwayi babiri b'indwara y’ubushita bw’inkende, Monkey Pox (Mpox), ndetse ko bari kwitabwaho n'abaganga. Aganira n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazama(RBA), Dr. Edisson Rwagasore, Umuyobozi muri RBC, Ushinzwe kurwanya indwara z’ibyorezo yagize ati “Ikigo gishinzwe ubuzima, RBC kimaze gutahura abarwayi babiri twasanzemo indwara y’ubushita bw’inkende, ariyo Mpox. Harimo umugore ufite imyaka...

Mu Rwanda havutse abana b’impanga 8,901 muri 2023

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), ku mibare y’ingenzi mu buzima n’imibereho by’Abanyarwanda (Rwanda Vital Statistics Report) yo muri 2023,  igaragaza ko muri uwo mwaka, mu Rwanda havutse abana 334, 018,banditswe mu irangamimerere, muri bo 8,901, bangana na 2.7% bari impanga - nukuvuga abana babiri cyangwa hejuru yabo. Iyi raporo yasohotse muri Gicurasi 2024, igaragaza ko abana benshi b’impanga...

Kurya usomeza : Ni bibi cyangwa ni byiza ?

Hari abantu bamwe bavuga ko kurya umuntu asomeza, yaba amazi cyangwa se ibindi binyobwa, ari bibi ku buzima, by’umwihariko igifu. Abo bagatanga inama ko icyiza amazi wayanywa nibura mbere y’iminota 30 ugiye kurya cyangwa se nyuma y’iyo minota umaze kurya. None se koko kurya usomeza ni bibi ku buzima bwa muntu ? Inkuru ishingiye ku bushakashatsi, yanditswe n’Ikinyamakuru cyandika ku buzima cyitwa...

Soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo – Inzobere mu mirire

Inzobere mu mirire no kuboneza imirire, KWIZERA Philemon yemeza ko soya ishobora gutera ubugumba ku bagabo, mu gihe bayirya kenshi. Soya, ni igihingwa cyo mu bwoko bw’ibinyamisogwe, ikabarirwa mu biribwa byubaka umubiri. Ishobora kuribwa mu buryo bwinshi, burimo kuzihekenya ari mbisi cyangwa zikaranze, kuzirya mu isosi, kuzinwa mu gikoma cg icyayi, kuzikoramo amata, kuzikoramo amavuta yo guteka, kuzikoramo inyama zizwi...

Gusama uri mu mihango birashoboka – Ubushakashatsi

Hari imyumvire ifitwe n’abatari bacye ko mu gihe umugore cyangwa umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina ari mu mihango adashobora gusa. “Ntabwo bishoboka. Impamvu nuko njye nabikoze kandi sinsame.” Uyu mukobwa ni ko abyumva. Nubwo amahirwe cyangwa se ibyago byo gusama uri mu mihango ari bicye, ubushakashatsi bunyuranye bwagaragaje ko ari ibintu bishoboka ku bagore bagira ukwezi kugufi. Ukwezi k’umugore ubundi “ni igihe...

Ese koko Celeri zitera uburemba ku bagabo ! – Igisubizo cy’inzobere mu mirire

Ni imyumvire bigoye kumenya aho Abanyarwanda bayikuye nyamara ifitwe n’abatari bacye, bagira bati "Celeri ntabwo nazitekera umugabo !" Impa uyu mugore na bagenzi be bahurizaho ituma mu birungo bagura batashyiramo celeri (celerie- celery), nuko “Nyine hari ikibazo zitera ku bagabo. Njya numva bavuga yuko zishobora kubatera uburemba." Uyu mugore namubajije niba kuri we celeri zagera mu rugo rwe, ansubiza aseka agira...

Kubura imihango udatwite bishobora guterwa n’ikibazo gikomeye gikeneye kuvurwa

Kubura imihango ku bagore n’abakobwa, by’umwihariko abangavu ni kimwe mu bintu bibahangayikisha cyane cyane iyo bazi ko bakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye. Uretse ababura imihango bitewe nuko batwite, bonsa cyangwa se bacuze, hari n’abayibura atari iyo mpamvu, ibizwi nka Amenorrhea/ Aménorrhée. Abo ni na bo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru. Nifashishije ivuriro Cleveland Clinic, ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu...
- Advertisement -

Latest article

The Workout That Burns More Calories Than Running

All right. Well, take care yourself. I guess that's what you're best, presence old master? A tremor in the Force. The last time felt...

Abazungu bo muri Afurika y’epfo banze Icyemezo cya Trump cyo Kubaha Ubuhungiro muri USA

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyatambutse ku wa 8 gashyantare 2025, aho abayobozi b’uyu muryango basobanuraga impamvu banze icyemezo cya Trump cyo guha ubuhungiro bamwe mu...

Rubavu schools and businesses close as DR Congo shells into Rwanda

Schools and businesses in Rubavu town were ordered to close temporary, and students were sent home, as heavy fighting erupted across the border with...