M23 yatangaje ko yafunze ikirere cya Goma, ibuza indege kukigwaho ijya i Burundi

0
70

Mu itangazo ryo ku 26 mutarama,2025 ryasinyweho na Lawrence Kanyuka , ihuriro rya AFC/M23 yatangaje ko imaze gufunga ikirere cya Goma kuko ingabo ihanganye nazo zakoreshaga ikibuga cy’indege cya Goma mu gutwara intwara ivuga ko zikoreshwa mu kwica abaturage b’abasivile.

Muri iri tangazo kandi AFC/M23 yasabye ingabo z’amahanga zose ziri muri RDC harimo iz’u Burundi (FDNB), SAMIDRCC, Abacanshuro nka Private Military Companies (MPC) Ajemira gahagarika ubwicanyi bukorerwa abaturage kandi bakava ku butaka bwa RDC.

Ibi biri kuba nyuma y’iminsi mike umuyobozi wiyi ntara iri kuberamo imirwano Peter CIRIMWAMI yiciwe mu mirwano.

Nyuma y’icyemezo Y’iri tangazo ,amakuru avuga ko indege zavaga muri afurika y’epfo zigemuriye ibikoresho SAMDRC iyagombaga kugwa ku kibuga cya Goma yasanze gifunze  yakoresheje ikibuga cya Bujumbura (Bujumbura Airport) , indege ya EX76020 Yavaga Pretoria inyuze Johannesburg aho kujya Goma nk’ibisanzwe ku isaha ya saa 13:30 yururukije i bujumbura ku kibuga Melchior Ndadaye International Airport.

Itangazo rihangarikarika ikoreshwa ry’ikibuga cy’indege cya GOMA

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here