Leta y’u Rwanda na Liberia zasinyanye amasezerano y’ubufatanye arimo kugenderana nta visa, agamije koroshya urujya n’uruza hagati y’abaturage b’ibihugu byombi.
Uyu muhango wabereye i Monrovia, umurwa mukuru wa Liberia, ku wa 10 Nzeri 2025.
Muraya masezerano U Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Nduhungirehe Olivier, uri mu ruzinduko rwo gutsura umubano n’icyo gihugu,Liberia yo yari ihagarariwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Sara Beysolow Nyanti.
Leave a Reply