HAFIYAWE

Amakuru yihuse kandi yizewe

Umutaliyani n’umuryango we bavuye muri Zambia bagera i Kigali n’amagare kwihera ijisho Shampiyona y’Isi

Umutaliyani n’umuryango we bavuye muri Zambia bagera i Kigali n’amagare kwihera ijisho Shampiyona y’Isi.

 

Mu gihe cy’irushanwa nyirizina, Matteo yavuze ko bazashyigikira Ikipe y’Igihugu ya Zambia n’iy’u Butaliyani, ariko nk’umuryango bose bakunda cyane Tadej Pogačar, umukinnyi ukomeye w’Umunya-Slovenia.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *