Mu Rwanda havutse abana b’impanga 8,901 muri 2023

0
135

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), ku mibare y’ingenzi mu buzima n’imibereho by’Abanyarwanda (Rwanda Vital Statistics Report) yo muri 2023,  igaragaza ko muri uwo mwaka, mu Rwanda havutse abana 334, 018,banditswe mu irangamimerere, muri bo 8,901, bangana na 2.7% bari impanga – nukuvuga abana babiri cyangwa hejuru yabo.

Iyi raporo yasohotse muri Gicurasi 2024, igaragaza ko abana benshi b’impanga bavutse ku bagore bafite imyaka y’amavuko 30-34 bangana na 2331, mu gihe abacye bavutse ku bafite imyaka 50-54, bangana na 10.

Ese bigenda bite ngo umugore abyare abana barenze umwe? Niba wifuza gusobanukirwa byinshi ku birebana no kubyara impanga, soma inkuru unyuze kuri iyi link

Ushobora kubyara abana b’impanga badahuje Se – Ubushakashatsi

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here