Umunyarwanda Nsengiyumva Shemu yasoje isiganwa rya kilometero 40,6 mu gihe cy’iminota 56:41, arangiza ari we wabimburiye abandi. Uyu mukinnyi yagaragaje ubushobozi buhanitse, ashyira u Rwanda ku isonga mu irushanwa ry’abagabo Elite Individual Time Trial (ITT), aho yasize abandi igihe kinini, ashimangira ishema ry’igihugu
Nsengiyumva Shemu asoje isiganwa














Leave a Reply