Imibare mishya ya Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, yatangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 01 Ukwakira 2024, yagaragaje ko umubare w’abantu bamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg wageze ku 10 mu gihe abandi 19 barikuvurwa.
Soma amabwiriza mashya ya Minisiteri y’ubuzima ajyanye no kwirinda icyorezo cya Marburg. Kanda hano