Imibare mishya ya Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, yatangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 30 Nzeri 2024, yagaragaje ko umubare w’abantu bamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg wageze ku 9 mu gihe abandi 18 barikuvurwa.
Soma amabwiriza mashya ya Minisiteri y’ubuzima ajyanye no kwirinda icyorezo cya Marburg. Kanda hano